Ni amakuru yatangajwe na Perezidansi ya Zanzibar tariki 2 Gashyantare mu 2024.
Ikinyamakuru The Citizen cyanditse ko uyu mukambwe w’myaka 89 y’amavuko ari kwitabwaho n’abaganga ku ndwara afite mu gituza.
Umuryango wa Mwinyi wavuze ko abaganga bifuje ko byinshi ku burwayi bwa Ali Hassan byagirwa ibanga, ahubwo usaba amasengesho muri ibi bihe atorohewe nk’uko umuhungu we, Abdullah Mwinyi yabitangaje.
Ali Hassan Mwinyi yabaye Perezida wa kabiri wa Tanzania nyuma Julius K. Nyerere.
Ali Hassan Mwinyi wayoboye Tanzania yajyanywe mu bitaro
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!