Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mata 2024, ubwo yinjizaga mu ngabo z’u Rwanda (RDF) abasirikare bo ku rwego rwa ofisiye 624.
Aba basirikare bashya bahawe ipeti rya ’Sous Lieutenant’ nyuma yo gusoza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako.
Perezida Kagame yabwiye abasirikare bashya kwanga uwasuzugura cyangwa ngo abagaraguze agati, avuga ko uzibeshya akabikora akwiriye guhabwa isomo ku buryo azicuza impamvu yabikoze.
Kurikira ijambo rya Perezida Kagame ubwo yinjigaza abasirikare bashya muri RDF
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!