Aho uri hose, haba mu Rwanda cyangwa hanze yarwo, ushobora gukurikira ibirori byo Kwita Izina abana bato b’ingagi biri kuba muri aka kanya. Kanda hano.
Ibi birori biri kunyura ku rubuga IGIHE.com mu mashusho (video) mu buryo bwa Live (nk’aho uhibereye), hifashishijwe ikoranabuhanga rya Live Streaming rikora nka televiziyo yo ku murongo wa internet mugezwaho na IGIHE TV.
Live Streaming ni uburyo bugufasha kubona amashusho arimo gufatwa kuri Camera ako kanya nk’aho uhibereye binyuze ku murongo wa internet.
Igikorwa cyo Kwita Izina cyatangiye Saa yine (10h:00 AM), kikaba kirimo kuba ku nshuro yacyo ya munani kuva mu mwaka wa 2004. Umushyitsi mukuru muri ibyo birori ni Minisitiri w’Intebe Habumuremyi Pierre Damien.
Kanda hano ukurikire uyu muhango Live.
TANGA IGITEKEREZO