00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Abiyisilamu bagiye gutangira igisibo gitagatifu

Yanditswe na IGIHE
Kuya 10 March 2024 saa 09:19
Yasuwe :

Umuryango w’abayisilamu mu Rwanda (RMC) watangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 11 Werurwe 2024, hazatangira igisibo gitagatifu ‘Ramadhan’ gifatwa nk’umwanya wo kurushaho gusenga no gufasha abatishoboye.

Itangazo ryashyizwe hanze na RMC kuri iki Cyumweru, rivuga ko uwo muryango wifurije Abayisilamu bose kuzagira igisibo cyiza.

Igisibo cya Ramadan ni ukwezi gutagatifu ku bayisilamu aho biyiriza, bagahurira mu masengesho bakanasangira amafunguro ku mugoroba, ari nako bakora ibikorwa by’urukundo.

Igisibo gisozwa n’umunsi mukuru w’igitambo, Eid al-Fitr.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .