Ni igitaramo cyabereye muri Great Hotel mu Kiyovu ku mugoroba wo ku wa 14 Kanama 2022.
Patrick Nyamitari, Aline Gahongayire ndetse n’itsinda ry’abahanzi baririmba indirimbo zo muri Kiliziya Gatolika basusurukije abakunzi b’umuziki bake bari bitabiriye iki gitaramo.
Iki gitaramo cyari kigamije kongera guhuza Patrick Nyamitari n’abakunzi be, icyakora ku rundi ruhande ntabwo cyibanze gusa ku muziki wo kuramya no guhimbaza Imana.
Patrick Nyamitari yanagize umwanya wo kumvisha abitabiriye iki gitaramo zimwe mu ndirimbo ziri kuri album ye nshya yitegura gusohora.
Amafoto: Rwema Derrick
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!