00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

INDIBA Y’IBIVUGWA: Tshisekedi mu mazi abira? Ahazaza he muri Politiki nyuma y’intambara na M23 (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 15 July 2022 saa 10:56
Yasuwe :

Hashize iminsi Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zirwana n’Umutwe wa M23. Ni mu gihe habura umwaka ngo habe amatora ya Perezida, aho Félix Tshisekedi ashaka indi manda.

Imyaka ine ishize yaranzwe no gushwana na bamwe mu bahoze ari inkoramutima ze muri politiki nka Vital Kamerhe wari ushinzwe ibiro bye, Joseph Kabila wamuhaye ubutegetsi n’abandi.

Bamwe baribaza amahirwe ya Tshisekedi mu matora ataha dore ko intambara ya M23 yongeye kubyutsa ihangana ry’ibitekerezo bya benshi ku bushobozi bwe mu kuyobora Congo.

Kurikira ikiganiro ‘Indiba y’Ibivugwa’ usobanukirwa ibibazo byugarijwe Tshisekedi na Politiki y’igihugu, n’ejo hazaza he muri Politiki.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .