Imyaka ine ishize yaranzwe no gushwana na bamwe mu bahoze ari inkoramutima ze muri politiki nka Vital Kamerhe wari ushinzwe ibiro bye, Joseph Kabila wamuhaye ubutegetsi n’abandi.
Bamwe baribaza amahirwe ya Tshisekedi mu matora ataha dore ko intambara ya M23 yongeye kubyutsa ihangana ry’ibitekerezo bya benshi ku bushobozi bwe mu kuyobora Congo.
Kurikira ikiganiro ‘Indiba y’Ibivugwa’ usobanukirwa ibibazo byugarijwe Tshisekedi na Politiki y’igihugu, n’ejo hazaza he muri Politiki.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!