Uyu mukino werekanywe tariki 9 Mata mu 2024, wari ugizwe n’ibice bitatu, kimwe kigaragaza amateka y’ivangura mbere ya Jenoside, ibihe bya Jenoside, ndetse n’inzira y’ubumwe n’ubwiyunge u Rwanda rwahisemo nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Eric Sano uri mu bagize uruhare mu gutegura uyu mukino yagarutse ku butumwa bwari bukubiyemo n’aho igitekerezo cyo kuwutegura cyavuye.
Reba ikiganiro twagiranye na Eric Sano
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!