00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ibyo utamenye ku mukino ‘Mpagaze Nemye’ ugaragaza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 17 April 2024 saa 03:16
Yasuwe :

Umukino wiswe ‘Mpagaze Nemye’ ni kimwe mu bikorwa byari bigize umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi uherutse gutegurwa n’umuryango Our Past Initiative, hagamijwe kwerekana amateka y’u Rwanda yagejeje kuri Jenoside.

Uyu mukino werekanywe tariki 9 Mata mu 2024, wari ugizwe n’ibice bitatu, kimwe kigaragaza amateka y’ivangura mbere ya Jenoside, ibihe bya Jenoside, ndetse n’inzira y’ubumwe n’ubwiyunge u Rwanda rwahisemo nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Eric Sano uri mu bagize uruhare mu gutegura uyu mukino yagarutse ku butumwa bwari bukubiyemo n’aho igitekerezo cyo kuwutegura cyavuye.

Reba ikiganiro twagiranye na Eric Sano


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .