Itangazo cy’igisirikare cy’iki gihugu cyo muri Amerika y’Amajyepfo, rivuga ko hapfuye umupilote umwe n’umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant.
Izi ndege za kajugujugu zagonganiye hafi y’ikigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Apiay.
Mu mashusho yashyizwe kuri internet agaragaza indege nyinshi za gisirikare ziri mu kirere zegeranye, ibaba ry’imwe rikaza kwaka umuriro.
Bivugwa ko izi ndege zari mu myitozo yitegura imyiyerekano iteganyijwe tariki 20 Nyakanga uyu mwaka.
Inzego zishinzwe igisirikare zatangaje ko zohereje itsinda ry’inzobere kugira ngo hamenyekane icyateye impanuka.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!